liaisonceb@gmail.com +250783016943

Welcome to CEB

A saving Tontine since 1978.

About Us

Being the best Tontine in RWANDA

Our Mission is to collect and manage the monthly contributions of our members and return them in form of loans to promote the socio-economic interests of our members.

Caisse d'Entraide de BUTARE(CEB) has been created in 1978 and we are a savings tontine based on the mutuality of the members of staff from UR,IRST/NIRDA,CHUB,CHUK,INMR/RCHA,CUSP, MIS UR,UR-HG Ltd,LABOPHAR/RBC.

How to Become a CEB Member


Type of Loans

Click on Loan type for the requirements Kinyarwanda Version

1) Kuba uri umunyamuryango wa CEB kandi umaze nibura amezi 6 akurikiranye utanga ubwizigame bwawe bwa buri kwezi

2) Kwandika ibaruwa isaba igenewe Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya CEB.
  Iyo baruwa igomba kugaragaza ibi bikurikira:

- Amazina yawe yuzuye ahuye n’ayanditse ku ndangamuntu, numero ikuranga muri CEB, telefoni/Email, numero ya konti wifuza ko izashyirwaho amafaranga ugiye kuguza, ikigo ukoramo na serivisi ubarizwamo
- Umubare w’amafaranga wifuza atarengeje ubwizigame bwawe ukubye na 2,5
- Igihe uzaba warangije kwishyura inguzanyo kitarenze amezi 72 cyangwa se kitarenga igihe cy’amasezerano y’akazi ufite (ku bakorera ku masezerano)
3) Gutanga impapuro zerekana umushahara uhembwa z’amezi 3 aheruka kandi akurikirana

4) Gutanga fotokopi y’indangamuntu yawe hamwe n’iz’abagomba kwishingira iyo nguzanyo.

Kuri fotokopi z’indangamuntu z’abishingizi bawe hagomba kuba handitseho amagambo akurikira:
Njyewe (amazina y’umwishingizi wawe) ………… nemeye kwishingira inguzanyo isanzwe ingana na Frw …………. yasabwe na (amazina yawe) ………… ………
Munsi y’ayo magambo hajyaho umukono w’umwishingizi wawe n’itariki

5) Kuzuza amasezerano y’inguzanyo isanzwe ariho umukono wawe hamwe n’imikono y’abishingizi bawe.

ICYITONDERWA

Inguzanyo isanzwe itangwa rimwe mu kwezi.
Dossiers zisaba iyo nguzanyo zigezwa ku bashinzwe inguzanyo muri CEB bitarenze itariki ya 15 y’ukwezi umunyamuryango asabamo inguzanyo. Nyuma yo kuzakira, izo dossiers zirasuzumwa, zikemezwa n’Inama y’Ubutegetsi ya CEB kuwa kabiri wa nyuma wa buri kwezi.
Umunyamuryango ushaka inguzanyo isanzwe ariko mu buryo bwihuse ayihabwa hakuwemo inyungu ya 5% y’amafaranga asaba.
Igihe kirekire gishoboka cyo kwishyura inguzanyo isanzwe ni amezi 72 (imyaka 6) .
Umunyamuryango wishyuye inguzanyo isanzwe yose yari yarahawe akoresheje banki (i.e. bank transfer), akarangiza kwishyura mbere y’igihe cyanditswe mu masezerano y’inguzanyo ategereza ukundi kwezi kose kugira ngo yemererwe gusaba no guhabwa indi nguzanyo isanzwe. Kugira ngo igihe cyo gusaba indi nguzanyo isanzwe kitamucika, umunyamuryango wifuza kwishyura mbere y’igihe cyateganyijwe abikora mbere y’itariki ya 15 y’ukwezi ashaka kwishyuriramo.
Umunyamuryango wishyuye hifashishijwe ubwizigame bwe yongera kwemererwa gusaba no guhabwa indi nguzanyo isanzwe hamwe n’iziyishamikiyeho (i.e. inguzanyo idasanzwe n’inguzanyo y’ingoboka) ari uko hashize amezi 6.

1) Kuba warafashe inguzanyo isanzwe wemerewe yose (ni ukuvuga ubwizigame bwawe ukubye na 2,5)

2) Kwandika ibaruwa isaba igenewe Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya CEB.
  Iyo baruwa igomba kugaragaza ibi bikurikira:

   -Amazina yawe yuzuye ahuye n’ayanditse ku ndangamuntu
   -Numero ikuranga muri CEB
   -Telefoni/Email
   -Numero ya konti wifuza ko izashyirwaho amafaranga ugiye kuguza
   -Ikigo ukoramo na serivisi ubarizwamo.
   -Umubare w’amafaranga wifuza (reba hasi mu cyitonderwa uko bayabara).
3) Gutanga impapuro zerekana umushahara uhembwa z’amezi 3 aheruka kandi akurikirana
4) Gutanga fotokopi y’indangamuntu yawe hamwe n’iz’abagomba kwishingira iyo nguzanyo. Kuri fotokopi z’indangamuntu z’abishingizi bawe hagomba kuba handitseho amagambo akurikira: Njyewe (amazina y’umwishingizi wawe) …………. nemeye kwishingira inguzanyo y’ingoboka ingana na Frw ………… yasabwe na (amazina yawe) ………. …………
Munsi y’ayo magambo hajyaho umukono w’umwishingizi wawe n’itariki.
5) Gutanga icyemezo cyerekana ko wishyuye Frw 10.000 yo kwiga dossier
6) Kuzuza amasezerano y’inguzanyo y’ingoboka ariho umukono wawe hamwe n’imikono y’abishingizi bawe.

ICYITONDERWA

Uburyo bushya bwo kubara inguzanyo y’ingoboka bwashyizweho kuva kuwa 13/04/2021
Inguzanyo y’ingoboka ihwanye n’igiteranyo cy’amafaranga umunyamuryango yizigamiye mu gihe cy’amezi atandatu ashize, ukubye inshuro 6. N’ubwo bimeze gutyo, mu rwego rwo gusaranganya ubushobozi buhari, nta munyamuryango wemerewe kurenza FRW 1.500.000 mbumbe.
Umunyamuryango uhawe inguzanyo isanzwe na we yemererwa gusaba inguzanyo y’ingoboka ari uko hashize nibura amezi 3.
Umunyamuryango uhawe inguzanyo y’ingoboka asabwa kujya atanga buri kwezi ubwizigame butari munsi ya 50% by’impuzandengo (average) y’amafaranga yizigamiye mu gihe cy’amezi 6 ashize.
Iyo ubwo bwizigame butagera kuri Frw 15.000 ku kwezi, umunyamuryango asabwa kubwongera.
Inguzanyo y’ingoboka yishyurwa mu gihe inguzanyo isanzwe yari isigaje kwishyurirwamo.
Igihe umunyamuryango aje gusaba inguzanyo y’ingoboka ariko bikagaragara ko hari ibirarane afite, asabwa kubanza kwishyura ibyo birarane mbere yo guhabwa iyo nguzanyo.

1) Kuba warafashe inguzanyo isanzwe wemerewe yose (ni ukuvuga ubwizigame bwawe ukubye na 2,5)
2) Kwandika ibaruwa isaba igenewe Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya CEB.
    Iyo baruwa igomba kugaragaza ibi bikurikira:

-Amazina yawe yuzuye ahuye n’ayanditse ku ndangamuntu,
-Numero ikuranga muri CEB,
-Telefoni/Email,
-Numero ya konti wifuza ko izashyirwaho amafaranga ugiye kuguza,
-Ikigo ukoramo na serivisi ubarizwamo
-Umubare w’amafaranga wifuza. Uyu mubare ntugomba kurenga Frw 500.000 ku mwaka
3) Gutanga impapuro zerekana umushahara uhembwa z’amezi 3 aheruka kandi akurikirana
4) Gutanga fotokopi y’indangamuntu yawe hamwe n’iz’abagomba kwishingira iyo nguzanyo. Kuri fotokopi z’indangamuntu z’abishingizi bawe hagomba kuba handitseho amagambo akurikira:
Njyewe (amazina y’umwishingizi wawe) ………… nemeye kwishingira inguzanyo idasanzwe ingana na Frw …………… yasabwe na (amazina yawe) ……… …………
Munsi y’ayo magambo hajyaho umukono w’umwishingizi wawe n’itariki.
5) Gutanga icyemezo cyerekana ko wishyuye Frw 5.000 yo kwiga dossier
6) Kuzuza amasezerano y’inguzanyo idasanzwe ariho umukono wawe hamwe n’imikono y’abishingizi bawe.

ICYITONDERWA

Inguzanyo idasanzwe yishyurwa mu gihe inguzanyo isanzwe yari ishigaje kwishyurirwamo.
Igihe umunyamuryango aje gusaba inguzanyo idasanzwe ariko bikagaragara ko hari ibirarane afite, asabwa kubanza kwishyura ibyo birarane mbere yo guhabwa iyo nguzanyo.

1) Kwandika ibaruwa isaba igenewe Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya CEB.
   Iyo baruwa igomba kugaragaza ibi bikurikira:

   -Amazina yawe yuzuye ahuye n’ayanditse ku ndangamuntu,
   -Numero ikuranga muri CEB,
   -Telefoni/Email,
   -Numero ya konti wifuza ko izashyirwaho amafaranga ugiye kuguza,
   -Ikigo ukoramo na serivisi ubarizwamo.
   -Umubare w’amafaranga wifuza atarenze Frw 1.050.000 kandi wumva uzabasha kwishyura mu gihe kitarenze amezi 3.
2) Gutanga impapuro zerekana umushahara uhembwa z’amezi 3 aheruka kandi akurikirana
3) Gutanga fotokopi y’indangamuntu yawe hamwe n’iz’abagomba kwishingira iyo nguzanyo.
Kuri fotokopi z’indangamuntu z’abishingizi bawe hagomba kuba handitseho amagambo akurikira:
Njyewe (amazina y’umwishingizi) ………… ……… nemeye kwishingira ‘Emergency loan’ ingana na Frw ………… yasabwe na (amazina yawe) …………. ……… …… Munsi y’ayo magambo hajyaho umukono w’umwishingizi wawe n’itariki.
4) Gutanga icyemezo cyerekana ko wishyuye Frw 5.000 yo kwiga dossier.
5) Kuzuza amasezerano y’inguzanyo (Emergency loan) ariho umukono wawe hamwe n’imikono y’abishingizi bawe.


ICYITONDERWA

Emergency loan ibarwa kandi ikishyurwa ukwayo; ntikomatanywa n’izindi nguzanyo CEB itanga kandi si ngombwa ko umunyamuryango ayisaba yarabanje gusaba izindi nguzanyo.
Emergency loan ishobora gusabwa no gutangwa mbere y’uko umunyamuryango yuzuza amezi 6 ari muri CEB.

INSTITUTIONS

ALL MEMBERS

ACTIVE MEMBERS

BoD OF CEB

Dr.Faustin MUTWARASIBO

Chairperson/UR Email:fmutwarasibo@gmail.com Phone:0788541843

MUZUNGU VINCENT

Vice Chairperson/MIS UR Email:vimuzungu2017@gmail.com Phone:0788574439

MUGABARIGIRA THEOGENE

Secretary/CHUK Email:mugabbo@gmail.com Phone:0788557304

TUBANENIMANA FABRICE

Secretary2/NIRDA Email:fabricetu@gmail.com Phone:0788568125

UWAMAHORO CLAUDINE

Member/UR Email:claudineu873@gmail.com Phone:0788474344

RANGIRA INNOCENT

Member/CHUB Email:innocentrangira82@gmail.com Phone:0788731122

MUKANGARAMBE BEATHA

Member/CHUB Email:ngarabea2021@gmail.com Phone:0788567408

MUSENGAMANA VINCENT

Member/CHUK Email:mvincent1485@gmail.com Phone:0788501477

MUGESERA NARCISSE

Member/UR HG-ltd Email:munarcisse@gmail.com Phone:0786689121

CS OF CEB

Dr.SHEMA J BOSCO

Chairperson/UR Email:shema_67@yahoo.fr/UR Phone:0788355275

UTABURA T.REGINE

Secretary/CHUB Email:regine004@yahoo.fr Phone:0788954460

MUKABERA BELLANCILLE

Member/CHUK Email:muka_bera@yahoo.fr Phone:0788838407

CD OF CEB

Dr.GISARO Ca-Madeberi Ya-Bititi/UR

Chairperson Email:mbgisaro@yahoo.fr Phone:0788855457

M.KALINDA M CHANTAL ALICE/CHUK

Vice Chairperson Email:mukachantal12@gmail.com Phone:0788848152

GUMYUSABE SERAPHINE/UR

Secretary Email:gumyusabesa17@gmail.com Phone:0788614814

MUTUYEMUNGU DONATIENNE/CHUB

Member Email:mutuyedona1@gmail.com Phone:07884875083

KARANGWA FRANCOIS   MIS UR

Member Email:karangwafr@gmail.com Phone:0788304650

CEB STAFF

HATUNGIMANA
Jean BAPTISTE

Acting MANAGER Email:managerceb@gmail.com Phone:0788540418

NYIRANSENGIYUMVA DATIVE

Acting CHIEF ACCOUNTANT Email:chefcomptableceb@gmail.com Phone:0783789298

RUSESABAHIZI EZECHIAS

Acting CHIEF CREDIT and RECOVERY Email:chiefcreditceb@gmail.com Phone:0788287583

MUGABO JEAN CLAUDE

Acting LOAN OFFICER Email:loanofficerceb@gmail.com Phone:0788322700

NDAMUKUNDA
J PIERRE

Acting RECOVERY OFFICER Email:cebrecovery@gmail.com Phone:0788644467

HARAMBINEZA ONESPHORE

ACCOUNTANT inCharge of CHUK,MIS UR,
UR-HG LTD,IRST/NIRDA
Email:cebkigali@gmail.com Phone:0788620768

KAYITESI CLAUDINE

LOAN OFFICER KIGALI Email:cebkigali@gmail.com Phone:0788497805

SHIRIKUBUTE VICTOR

ACCOUNTANT inCharge of UR,RCHA,CUSP Email:shirikubutevic@yahoo.com Phone:0781684677

TUYISENGE EMMANUEL

ACCOUNTANT inCharge of CHUB Email:tuyise.emmy@gmail.com Phone:0788218562

NIYOYANGANA EMMANUEL

ARCHIVIST & ACTING SECRETARY Email:liaisonceb@gmail.com Phone:0783016943

TUYISHIME JEAN CLAUDE

IT OFFICER Email:ictceb@gmail.com Phone:0788357051

Contact US

Kindly send your query to our SECRETARY      

Location:

C/O UR HUYE CAMPUS,
C/O UR CST NYARUGENGE CAMPUS

Email:

liaisonceb@gmail.com

Call:

+250783016943

Open Hours:

Mon-Thu: 08 AM-05 PM

Friday: 08 AM-03 PM

Loading
Your message has been sent. Thank you!